Ubuyobozi bukuru bwa sosiyete itunganya ikanatanga serivisi z’Ingufu z’amashanyarazi (EUCL) buramenyesha abafatabuguzi bayo ko kuwa Gatandatu taliki ya 10 Kamena 2017 uhereye saa mbiri za mu gitondo (8h00) kugeza saa tanu z’amanywa (11h00) hazaba ibura ry’amashanyarazi mu bice bimwe bigize Umujyi wa Kigali n’Intara y’Uburasirazuba kubera imirimo y’isanwa ry’Umuyoboro w’amashanyarazi wa Jabana-Birembo. Ibice bizabura amashanyarazi ni ibi bikurikira :
Abantu bose barasabwa kwitondera insinga z’amashanyarazi kuko umuriro ushobora kugaruka mbere y’isaha yavuzwe haruguru.
Twiseguye ku bafatabuguzi bacu kubera ibura ry’umuriro rizaba mu gihe uwo muyoboro uzaba usanwa.
Bikorewe i Kigali kuwa, 08 Kamena 2017
Wilson KAREGYEYA
Umuyobozi w’Ishami ry’Ubucuruzi
Any Corruption Case? Report to
0788310606Please fill in the form or Call us on our Toll free number 2727