Ubuyobozi Bukuru bwa Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu (REG) buramenyesha abafatabuguzi bayo batuye mu Turere twa Nyarugenge na Gasabo, mu duce twa Nyarutarama 1, Belle Vie hafi ya hotel Isimbi na “Maternité” (CHUK) ko kubera imirimo yihutirwa y’isanwa rya Sitasiyo z’amashanyarazi (Cabins) hazaba ibura ry’amashanyarazi mu buryo bukurikira:
Ubuyobozi bukuru bwa REG burasaba abatuye muri utwo duce twavuzwe haruguru kwitondera insinga z’amashanyarazi kuko umuriro ushobora kugaruka mbere y’igihe cyateganyijwe.
Ubuyobozi bukuru kandi buboneyeho umwanya wo kubashimira uburyo muzihanganira ibura ry’umuriro mu gihe iyo mirimo yo gusana izaba irimo gukorwa.
Bikorewe i Kigali,
Ron Weiss
Umuyobozi Mukuru
Any Corruption Case? Report to
0788310606Please fill in the form or Call us on our Toll free number 2727